MINISITERI Y’UBUREZI YATANGAJE INGANO Y’AMAFARANGA YISHURI.
Hashize igihe mineduc ivuze ko amafaranga y’ishuri agomba gushyirwaho mu buryo bungana.
None ubu itangaje amafaranga y’ishuri ntarengwa agomba kwishyurwa mu mashuri yisumbuye
Abiga bacumbikirwa, ndetse n’aho biga bataha ko atagomba nabo kurenga ingano yatangajwe.


