MINISITERI Y’UBUREZI YATANGAJE INGANO Y’AMAFARANGA YISHURI.

Hashize igihe mineduc ivuze ko amafaranga y’ishuri agomba gushyirwaho mu buryo bungana.

 

 

 

 

 

 

 

None ubu itangaje amafaranga y’ishuri ntarengwa agomba kwishyurwa mu mashuri yisumbuye

 

 

 

 

 

 

Abiga bacumbikirwa, ndetse n’aho biga bataha ko atagomba nabo kurenga ingano yatangajwe.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Loading

Share